Tuesday, December 1, 2015

Umunyeshuri wiga imyuga nawe yinjiye mu ba miliyoneli atsindira miliyoni 5 muri Tigo Bonane



  1. Twibwire, utubwire amazina yawe, aho utuye, n’icyo ukora.
 “ Nitwa Tuyisenge Musa, ntuye mu karere ka Nyarugenge mfite imyaka 23 nkaba ndi kwiga ibijyanye n’ubu mekanisiye mu igaraji” 



2. Tigo Iguhamagara n’ijoro, ukumva watsindiye "miliyoni 1 wabyakiriye ute?
Musa: Byaranshimishije cyane kuko ntabyo niyunvishaga, gusa ku mugoroba bantumiye kuri televiziyo nibwo naje kwemera koko ko natsinze ko kandi byose bishoboka, ndishimye cyane kandi ndashimira Tigo cyane.”

3. Ese aya mafaranga utomboye azayakoresha iki?
Musa: ngomba kubitekerezaho ariko icyo nzicyo ngomba kwiguriramo inzu bwa mbere ubundi ayandi nkareba igikorwa nayakoresha kijyanye no kwiteza imbere, ndi guteganya kuba nakwigurira nka moto ubundi nkajya nyikoresha.”

4. Promosiyo wayimenye gute? Tigo umaze igihe kingana iki iyikoresha?
Musa: “ promosiyo nayibonye bwa mbere ku butumwa bugufi Tigo yanyoherereje ubundi mpita ntangira gukina, ubundi umurongo wa Tigo wo mumazeho imyaka yose Tigo imaze ikorera mu Rwanda kuko nayiguze bakihagera , ndabyibuka icyo gihe nayiguze na make cyane kuko yaguraga amafaranga 200 gusa.

5. Ese uzakomeza ukine?
Musa: Nabajije bambwira ko byemeye, ubwo nzakomeza bitewe n’igihe gisigaye kuko wabona nongeye kubona andi mahirwe nkatsindira izindi cash. ”

6. Ese ni iki wabwira abantu bakiri gushidikanya bunva ko nta mahirwe yo gutsinda babona?
Musa :  Reka mpere kuri mukuru wanjye wamenye ko natsinze akabanza gupinga, ntabwo yemeraga ko amahirwe abaho, ariko akibona bampaye cheque yemeye ndetse yahise nawe agura simukadi ya Tigo avuga ko nawe agiye kwiha amahirwe muri iyi minsi isigaye Icyo nabwira abantu nuko iyo amahirwe ari ayawe, imana iba yagupangiye, nibagerageze ntawamenya nabo batsinda.”

Gerageza amahirwe nawe
Hamagara 155 ushobore kuba umunyamahirwe utsindira ibihembo  byinshi ndetse na cash zishyushye.
Niba uturagura simukadi ya Tigo, gira vuba aya mahirwe atagucika.
Iyo uhamagaye 155, bagukata Frw 100 ugahabwa iminota 2 yo guhamagara, na sms 3 byose bihwanye na Frw 100
Iyo uhamagaye nta kindi usabwa usibye kumva ibisobanuro bya promosiyo gusa. Ushobora no kwohereza Ijambo bonane kuri 155, nabwo ukaba winjiye muri Tigo Bonane.

No comments:

Post a Comment