Friday, December 25, 2015

Byanshimishije cyane ndetse n’abaturanyi banjye baje kunsura

1. Twibwire, utubwire amazina yawe, aho utuye, n’icyo ukora.

 “ Nitwa Jean de Dieu Manirafasha,  Mfite imyaka 24 ndubatse, iwacu ni mu karere ka Bugesera , umurenge wa  Juru, Nkora akazi k’ubwogoshi muri salon de coiffure maze imyaka 5 ndi umu coiffeur”


2. Tigo Iguhamagara n’ijoro, ukumva watsindiye "miliyoni 1 wabyakiriye ute?
Jean de Dieu: “ Byanshimishije cyane ndetse n’abaturanyi banjye baje kunsura banyifuriza ibyiza mu gutsinda kwanjye.”

3. Ese aya mafaranga utomboye uzayakoresha iki?
Jean de Dieu: “Nari maze igihe nizigamira amafaranga yo kwubaka, aya rero natsindiye ndayongera kuyo narimfite maze nubake inzu iwacu mu Bugesera”

4. Poromosiyo wayimenye gute? Tigo umaze igihe kingana gute iyikoresha?
Jean de Dieu: “ Tigo maze igihe kinini nyikoresha kandi na poromosiyo nayo natangiye kuyitabira igitangira. Nabanje kuyumva kuri radiyo flash nyuma nza kuyumva kuri radiyo 10.”

5. Ese uzakomeza ukine?
Jean de Dieu: “ Ndakomeza nkine. Poromosiyo ntago irarangira kandi nta mpamvu yo kwiyima amahirwe.”

6. Ese ni iki wabwira abantu bakiri gushidikanya bunva ko nta mahirwe yo gutsinda babona?
Jean de Dieu: “ Nababwira ko ntago ari ukubeshya iyi promosiyo ni ukuri pe, kuko iyo biza kutaba ukuri sinari kuba ndi hano, nanjye natomboye. ”


Gerageza amahirwe nawe
Hamagara 155 ushobora kuba umunyamahirwe utsindira ibihembo  byinshi ndetse na cash zishyushye.
Niba uturagura simukadi ya Tigo, gira vuba aya mahirwe atagucika.

Iyo uhamagaye 155, bagukata Frw 100 ugahabwa iminota 2 yo guhamagara, na sms 3 byose bihwanye na Frw 100
Iyo ihaagaye nta kindi usabwa usibye kumva ibisobanuro bya promosiyo.

Ushobora no kwohereza Ijambo bonane kuri 155.

No comments:

Post a Comment